Uwari umunyamakuru Secondo Olivier yagaragaye mu itsinda ry’abarwanya Leta y’u Rwanda
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
23h ago
Secondo Olivier wahoze ari umwe mu bakozi kuri Radio na Televiziyo by’u Rwanda “Rwanda Broadcasting Agency RBA”mu itsinda rishinzwe gufata amashusho, yatunguye benshi ubwo yabonwaga muri bamwe mu barwanya gahunda za Leta y’u Rwanda mu gihugu cy’u Bubiligi gikomeje kuba indiri y’abatavuga rumwe na leta y’u Rwanda. Secondo Olivier ni uwa 3 ku murongo w’inyuma uturutse iburyo wambaye akagofero kajya gusa n’umuhondo. Ni mu gihe Abanyarwanda bashyira mu gaciro bakomeje kwiyubaka no kubaka igihugu cyabo mu mahoro n’ubumwe, mu gihugu cy’u Bubiligi hakomeje kurangwa ibikorwa bigayitse by’abatavuga ru ..read more
Visit website
Mont kigali: Barishimira isanwa ry’umuhanda wari warangiritse
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1w ago
Abatuye mu Karere ka Nyarugenge umurenge wa Kigali by’umwihariko mu mudugudu wa Kibisogi , baravuga ko umuhanda wabo wari warangiritse wasanwe ugiye kubabera imbarutso yo kuva mu bwigunge kandi umuhanda mushya uzoroshya ubuhahirane n’ingendo. Mont kigali: Barishimira isanwa ry’umuhanda wari warangiritse Aba baturage bavuga ko uyu muhanda  wasanwe uzatuma abagorwaga no kujya gushyingura ababo mu irimbi rya Muganza bahagera kuburyo bworoshye, bashimangira ko uyu muhanda watumye ubutaka bwabo buzamura agaciro kuko byakorohera buri wese kuhagera. Ngo mu bihe byo hambere wasangaga hari ubwo u ..read more
Visit website
ADEPR Paruwasi ya Muganza yibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1w ago
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2024 nibwo Abakristu ba ADEPR Paruwasi ya Muganza bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, aho Kwibuka Twiyubaka ariyo ntego bahuriyeho n’abandi banyarwanda. ADEPR Paruwasi ya Muganza yibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 Ni umuhango watangiwemo ubutumwa bw’ihumure ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse Abakristu bashishikarizwa kwimakaza indangagaciro za gikristu kugira ngo Jenoside itazasubira haba mu Rwanda no hanze yarwo. Rev Past.Nshutiraguma Jean Baptiste umushumba w’Itorero ADEPR Paruwasi ya Muganza  ..read more
Visit website
Impamvu Kanyabugabo wari warihebeye Rayon Sport yayiteye umugongo akerekeza muri Gasogi United
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
2w ago
“Tuzi neza uko Gasogi yasezereye APR FC mu gikombe cy’Amahoro ikanahangana na Police FC, bikwereka imbaraga ifite. Aka kanya se wavuga ngo Rayon Sports iracyari umukeba wa APR FC kandi iyirusha amanota 13?” Kanyabugabo Mohamed ‘Hadji’ yari asanzwe ari umwe mu bakunzi ba Rayon Sports baguraga itike y’umwaka wose ingana n’ibihumbi 500 Frw ariko mu mwaka utaha bikaba bishobora kutamukundira kubera imyitwarire ye ku buyobozi. Si ibyo gusa kuko yahoze no mu kanama ngishwanama ka komite nyobozi. Uyu mugabo kandi ni we wavuzweho gushyamirana n’Umunyamabanga wa Rayon Sports, Namenye Patrick, ubwo iyi ..read more
Visit website
Umunyemari Rujugiro yapfiriye mu buhungiro
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1M ago
Amakuru avuga ko umunyemari Ayabatwa Tribert Rujugiro yapfuye afite imyaka 82, uyu mugabo yavuzwe cyane nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 nk’umwe mu bakize cyane u Rwanda rwagize. Inkuru y’urupfu rwa Rujugiro yavuzwe cyane mu masaha akuze y’ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira ku wa Gatatu, tariki 17 Mata, 2024. Amakuru yavuze ko inkuru y’urupfu rwa Rujugiro ari impamo.     Urukuta rwa The Chronicles kimwe mu binyamakuru bivuga amakuru agezweho hakoreshejwe umuyoboro wa X yahoze ari Twitter, rwavuze ko Rujugiro yapfuye afite imyaka 82. Uyu mugabo wavukiye mu Rwanda ariko ku m ..read more
Visit website
#Kwibuka30: I Musanze bibutse abiciwe muri Cour d’Appel ya Ruhengeri
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1M ago
                    Kuri iki Cyumweru mu Karere ka Musanze bakoze umugoroba wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi biciwe mu cyahoze ari Cour d’Appel ya Ruhengeri.                   Ni igikorwa cyabanjirijwe n’urugendo rwo kwibuka ruva mu Mujyi wa Musanze ku isoko rya GOICO rwerekeza ahahoze hakorerera urwo rukiko, kuri ubu hahinduwe Urwibutso rwa Jenoside rw’Akarere ka Musanze.                   Ahakoreraga Urukiko rw’Ubujurire rwa Ruhengeri hagi ..read more
Visit website
Abibumbiye mu mashuri yigisha gutwara ibinyabiziga mu karere ka Nyarugenge beseje umuhigo
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1M ago
Ubuyobozi bw’amashuri yigisha amategeko y’umuhanda no gutwara ibinyabiziga  akorera mu karere ka Nyarugenge. Avuga ko bahiguye umuhigo,  bakaba bishimira ko babonye ubutaka bwabo bashobora kuzashyiramo ikigo kizajya kifashishwa nabitoza gukora ibizamini byo gitwara ibinyabiziga, hifashishijwe Ikoranabuhanga. Abibumbiye mu mashuri yigisha gutwara ibinyabiziga mu karere ka Nyarugenge beseje umuhigo bagura ubutaka bunini bazakoreraho ibikorwa byabo Babitangaje ubwo baguraga umutungo utimukanwa w’ubutaka buherereye mu mudugudu wa Nyabitare akagali ka Ruliba umurenge wa Kigali akarere ka ..read more
Visit website
Muhanga: Arasaba umuriro w’amashanyarazi, kugirango ave kubakozi 47 akoresha babe 400 bakora amanywa n’ijoro
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
2M ago
Uruganda rucukura rukanatunganya amabuye y’agaciro y’amabengeza mu Karere ka Muhanga intara y’amajyepfo, ALTM Industrial Development Ltd, abaruhagararaiye bavuga ko baramutse babonye umuriro w’amashanyarazi byabafasha kwagura imirimo ikorerwa mu ruganda bakava kubakozi 47 bakagera  ku bakozi 400 bakora amanywa n’ijoro. Arasaba umuriro w’amashanyarazi, kugirango ave kubakozi 47 akoresha ubu , babe 400 bakora amanywa n’ijoro Ibi bivugwa na Nyiri uruganda Tshenke Mayuke Alain, aho yagize ati “ndamutse mbonye umuriro w’amashanyarazi, uwo munsi nawubonye mu ruganda watuma tuzamura umubare w’a ..read more
Visit website
Amajyepfo: Abarwanashyaka ba Green Party bitoreye abazabahagararira mu nteko ishinga amategeko y’u Rwamda
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
3M ago
Amajyepfo: Abarwanashyaka ba Green Party bitoreye abazabahagararira mu nteko ishinga amategeko y’u Rwamda Abakandida bazahagararira Green Party mu ntara y’amajyepfo Abakandida Depite batorewe mu turere tugize intara y’amajyepfo  Kamonyi: Jean de Dieu Murenzi Denyse Ishimwe Muhanga: Jean Luc Gasangwa Delphine Uwineza Ruhango: Nyiratebuka Nzeyimana Nyamagabe: Nkurunziza Emmanuel Mutuyimana Louise Nyanza : Valery Nsengumukiza Clementine Ingabire Nyaruguru: Umurisa Solange Gustave Habimana Gisagara: Eliab Bungurubwenge Janine Uwihanganye Huye : Nicolas Nininahazwe Nyiramana Drothee ..read more
Visit website
Dr Frank Habineza, yagizwe Ambasaderi w’ihuriro ry’imiryango igamije kurengera ibidukikije (Grobal Green) ku Isi
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
3M ago
Dr. Habineza Frank asanzwe ayobora ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR Green Party) akaba ari nawe warishinze nyuma y’igihe kinini abiharanira ko ryandikwa yahawe inshingano zo kuba ambasaderi w’umuryango uhuza amashyaka arengera ibidukikije ku isi hashingiwe ku muhate yagize mu kurengera ibidukikije n’ibyo yagezeho kuva mu 2018 ubwo yari ahagarariye ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije muri Afurika. Dr Frank Habineza, yagizwe Ambasaderi w’ihuriro ry’imiryango igamije kurengera ibidukikije (Grobal Green) ku Isi Jose Miguel Quintanilla na Bodil Valero ..read more
Visit website

Follow Indatwa on FeedSpot

Continue with Google
Continue with Apple
OR