#Kwibuka30: I Musanze bibutse abiciwe muri Cour d’Appel ya Ruhengeri
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
2w ago
                    Kuri iki Cyumweru mu Karere ka Musanze bakoze umugoroba wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi biciwe mu cyahoze ari Cour d’Appel ya Ruhengeri.                   Ni igikorwa cyabanjirijwe n’urugendo rwo kwibuka ruva mu Mujyi wa Musanze ku isoko rya GOICO rwerekeza ahahoze hakorerera urwo rukiko, kuri ubu hahinduwe Urwibutso rwa Jenoside rw’Akarere ka Musanze.                   Ahakoreraga Urukiko rw’Ubujurire rwa Ruhengeri hagi ..read more
Visit website
Abibumbiye mu mashuri yigisha gutwara ibinyabiziga mu karere ka Nyarugenge beseje umuhigo
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
2w ago
Ubuyobozi bw’amashuri yigisha amategeko y’umuhanda no gutwara ibinyabiziga  akorera mu karere ka Nyarugenge. Avuga ko bahiguye umuhigo,  bakaba bishimira ko babonye ubutaka bwabo bashobora kuzashyiramo ikigo kizajya kifashishwa nabitoza gukora ibizamini byo gitwara ibinyabiziga, hifashishijwe Ikoranabuhanga. Abibumbiye mu mashuri yigisha gutwara ibinyabiziga mu karere ka Nyarugenge beseje umuhigo bagura ubutaka bunini bazakoreraho ibikorwa byabo Babitangaje ubwo baguraga umutungo utimukanwa w’ubutaka buherereye mu mudugudu wa Nyabitare akagali ka Ruliba umurenge wa Kigali akarere ka ..read more
Visit website
Muhanga: Arasaba umuriro w’amashanyarazi, kugirango ave kubakozi 47 akoresha babe 400 bakora amanywa n’ijoro
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1M ago
Uruganda rucukura rukanatunganya amabuye y’agaciro y’amabengeza mu Karere ka Muhanga intara y’amajyepfo, ALTM Industrial Development Ltd, abaruhagararaiye bavuga ko baramutse babonye umuriro w’amashanyarazi byabafasha kwagura imirimo ikorerwa mu ruganda bakava kubakozi 47 bakagera  ku bakozi 400 bakora amanywa n’ijoro. Arasaba umuriro w’amashanyarazi, kugirango ave kubakozi 47 akoresha ubu , babe 400 bakora amanywa n’ijoro Ibi bivugwa na Nyiri uruganda Tshenke Mayuke Alain, aho yagize ati “ndamutse mbonye umuriro w’amashanyarazi, uwo munsi nawubonye mu ruganda watuma tuzamura umubare w’a ..read more
Visit website
Amajyepfo: Abarwanashyaka ba Green Party bitoreye abazabahagararira mu nteko ishinga amategeko y’u Rwamda
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1M ago
Amajyepfo: Abarwanashyaka ba Green Party bitoreye abazabahagararira mu nteko ishinga amategeko y’u Rwamda Abakandida bazahagararira Green Party mu ntara y’amajyepfo Abakandida Depite batorewe mu turere tugize intara y’amajyepfo  Kamonyi: Jean de Dieu Murenzi Denyse Ishimwe Muhanga: Jean Luc Gasangwa Delphine Uwineza Ruhango: Nyiratebuka Nzeyimana Nyamagabe: Nkurunziza Emmanuel Mutuyimana Louise Nyanza : Valery Nsengumukiza Clementine Ingabire Nyaruguru: Umurisa Solange Gustave Habimana Gisagara: Eliab Bungurubwenge Janine Uwihanganye Huye : Nicolas Nininahazwe Nyiramana Drothee ..read more
Visit website
Dr Frank Habineza, yagizwe Ambasaderi w’ihuriro ry’imiryango igamije kurengera ibidukikije (Grobal Green) ku Isi
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1M ago
Dr. Habineza Frank asanzwe ayobora ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR Green Party) akaba ari nawe warishinze nyuma y’igihe kinini abiharanira ko ryandikwa yahawe inshingano zo kuba ambasaderi w’umuryango uhuza amashyaka arengera ibidukikije ku isi hashingiwe ku muhate yagize mu kurengera ibidukikije n’ibyo yagezeho kuva mu 2018 ubwo yari ahagarariye ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije muri Afurika. Dr Frank Habineza, yagizwe Ambasaderi w’ihuriro ry’imiryango igamije kurengera ibidukikije (Grobal Green) ku Isi Jose Miguel Quintanilla na Bodil Valero ..read more
Visit website
Bugesera: Babangamiwe n’ivumbi, umwanda n’urusaku by’uruganda rutunganya akawunga
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1M ago
Abatuye mu Kagari ka Mayange mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera intara y’iburasirazuba bafite impungenge z’ingaruka zikomeje guterwa n’uruganda rutunganya ifu y’akawunga  rukorera mu mudugudu wabo. Bugesera: Babangamiwe n’ivumbi, umwanda n’urusaku by’uruganda rutunganya akawunga Abaturage barifuza ko uru ruganda rwimurirwa ahagenewe inganda rukava mu mudugudu hagati mu nzu zabo. Abo baturage bavuga ko umwuka bahumeka batizeye ubuziranenge bwawo kubera ivumbi rikabije rituruka muri urwo ruganda, aho ndetse ngo ubwinshi bw’iryo vumbi bwangiza ubuzima n’imibereho yabo. Mayange:Bab ..read more
Visit website
Ikoranabuhanga; amahitamo akomeye u Rwanda rwakoze mu myaka 30 ishize
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1M ago
Umunyarwanda wa nyuma gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ntabwo yigeze atekereza ko igihe kizagera ngo agendane telefone irimo serivisi za banki, abasha kwishyura ibintu byose akenera mu buzima bwe bwa buri munsi akoresheje telefone, umwana we wiga mu mashuri abanza ngo be afite mudashobwa n’ibindi byinshi byazanywe n’ikoranabuhanga. Leta y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yo yari ifite gahunda y’uko ibyo byose bizagerwaho, ikoranabuhanga rikaba umusemburo wo kwihutisha itarambere no guhindura imibereho yabaturage. Ni urugendo rwatangiye mbere gato ya 2000, ubwo Guverinoma y’u Rwanda yategura ..read more
Visit website
RAB yakomeje ku migendekere myiza y’igihembwe cya 2024 B
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
1M ago
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) cyatangaje ko muri uku kwezi kwa Werurwe umuhinzi asabwa kwihutisha isarura kugira ngo igihembwe cya 2024 B kizamugendekere neza. Ni ubutumwa RAB yatanze kuri uyu wa Mbere tariki 04 Werurwe 2024, ibinyujije ku rubuga rwa X rwahoze ari urwa Twitter Ubuyobozi bwa RAB bwasabye abahinzi kwihutisha isarura aho batararisoza, gukomeza kwiyandikisha no kugana abacuruzi b’inyongeramusaruro kugira ngo bagure imbuto n’ifumbire binyuze muri gahunda ya Smart Nkunganire. Bukomeza bugira buti: “Turabasaba gusoza itegurwa ry’imirima no gutera, guko ..read more
Visit website
Somalia yamaze kuba umunyamuryango wuzuye wa EAC
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
2M ago
Igihugu cya Somalia cyamaze kuba umunyamuryango mu buryo bwuzuye w’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Ni ibyatangajwe n’uyu muryango, mu itangazo ryasohowe n’ubunyamabanga kuri X, kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Werurwe 2024, bwagaragaje ko icyo gihugu cyujuje ibisabwa bishingiye ku masezerano y’ibihugu by’aka Karere. Icyo gihugu cyashyikirije Umunyamabanga Mukuru wa EAC impapuro zicyemerera kugengwa n’amasezerano y’ibihugu by’uyu muryango nk’uko biteganywa EAC. Kwemererwa kwa Somalia kwinjira muri EAC, bitumye igira ibihugu binyamuryango 8, ibindi byari bisanzwemo ni u Buru ..read more
Visit website
Nyabihu: Bamaze imyaka 8 nta byangomba by’inzu batujwemo mu Mudugudu
Indatwa
by Jean Elysee Byiringiro
2M ago
Abagize imiryango 14 yatujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kazirankara, uherereye mu Murenge wa Shyira, Akarere ka Kanyabihu batewe inkeke no kuba bamaze imyaka 8 batuye mu nzu bahawe ariko zikaba zitabanditsweho. Iyo miryango iri muri 68 yatujwe mu gice cya kabiri cy’uwo Mudugudu w’Icyitegererezo watashwe ku wa 4 Nyakanga 2017, mu gihe abandi bo bamaze guhabwa ibyangombwa byose by’inzu batujwemo. Kuba izo nzu zitabanditseho bavuga ko bibabuza amahwemo mu gihe ku rundi ruhande bari babayeho neza ikubera icyo gikorwa cy’indashyikirwa bagejejweho na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kag ..read more
Visit website

Follow Indatwa on FeedSpot

Continue with Google
Continue with Apple
OR