Filime “Impanga Series” yakunzwe cyane, yashyizwe mu Giswahili
Hose
by Anick UWINGABIYE
4M ago
Filime nyarwanda yiswe ‘Impanga”  yakunzwe n’abatari bake ndetse iri mu zakurikiwe cyane mu zitambuka kuri YouTube, yashyizwe mururimi rw’Igiswahii mu rwego rwo kwagura sinema nyarwanda . Mu kiganiro na HOSE ,Bahavu Jeannette ukina , akandika ndetse akanayobora iyi filime , yavuze ko iyi filime yabaye nk’ihindurirwa izina ikitwa “Penzi La Mapaca” cyangwa se “Urukundo rw’Impanga ” ugerekeneje mu kinyarwanda , izagaragaramo impinduka ariko nziza aho bizeye ko abazayireba bazaryoherwa cyane kurusha mbere. Bahavu yavuze ko iyi Filime iributangirane n’iki cyumweru,izajya ica kuri shene ya Yout ..read more
Visit website
Haravugwa umwuka mubi hagati y’abahanzi Davido na Tiwa Savage bari inshuti !
Hose
by hose reporter
4M ago
Abahanzi Tiwa Savage na Davido baravugwaho umwuka mubi waturutse ku makuru avuga ko Davido yatererenye umwana we w’imfura , ibitarashimishije inshuti ye Tiwa Savage ndetse na nyuma akagaraga mu mafoto ari kumwe na nyina w’uwo mwana witwa Sophia Momodu wabyaranye n’uyu muhanzi. Biravugwa ko kugeza ubu Tiwa Savage yamaze kurega Davido kuri Polisi amushinja kumutera ubwoba no gushaka kumugirira nabi nyuma yo kumenya ko Tiwa na Sophia bamuhoza mu biganiro. Mu ibaruwa uyu muhanzikazi yandikiye Polisi y’Umujyi wa Lagos muri Nigeria, yavuze ko akomeje kwakira ubutumwa bumutera ubwoba ko ashobora kugi ..read more
Visit website
“Niwowe nari narasengeye”- Pamella abwira umugabo we The Ben wizihije Isabukuru y’amavuko
Hose
by hose reporter
4M ago
Pamella Uwicyeza uherutse kurushingana n’umuhanzi The Ben, yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko mu mitoma myinshi, yifashishije urubuga rwe rwa Instagram. The Ben wabonye izuba ku wa 09 Mutarama 1987, yujuje imyaka 37 . Pamella yabwiye The Ben ko iyo ari kumwe na we Isi ihinduka ijuru kandi ariwe yasengeye , amushimira ko ari inshuti ye magara ituma aba uwo ari we. Yongeyeho ati”Nta muntu utagira inenge ariko kuri njye ntekereza uri umuziranenge, ntewe amatsiko no kuzasazana na we.” Ku wa 23 Ukuboza 2023 nibwo aba bombi basezeranye kubana imbere y’Imana mu rusengero rwa Eglise Vivante. Ni nyu ..read more
Visit website
Britney Spears yahamije ko atazagaruka mu muziki
Hose
by hose reporter
4M ago
Umuhanzikazi Britney Spears yatangaje ko adateze kugaruka mu ruganda rw’umuziki , anyomoza amakuru yari amaze iminsi avuga ko ari gukora kuri album yanyuma. Ibi uyu muhanzikazi yabigarutseho mu butumwa yatambukije ku rubuga rwa Instagram mu cyumweru gishize agira ati ““Amakuru menshi mwumva ni ibihuha. Bari kuvuga ko ko ndi kwisunga abantu abandi bantu ng nkore album nshya…njye sinzagaruka mu ruganda rw’umuziki.” Britney nubwo yatangaje ko atazagaruka mu muziki, yavuze ko mu myaka ibiri ishize hari indirimbo zigera muri 20 amaze kwandikira abandi abandi bahanzi kandi anezezwa n’uko bitamenyeka ..read more
Visit website
Ruti Joel yahaye ibyishimo bisendereye abitabiriye igitaramo cye ‘Rumata wa Musomandera”
Hose
by Anick UWINGABIYE
4M ago
Umuhanzi Ruti Joel yaraye akoze igitaramo cy’amateka aho yujuje Intare Arena mu gitaramo cyitabiriwe n’abarimo Umubyeyi we,Umunyamabanga mukuru w’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo ndetse n’abandi bafite amazina akomeye mu myidagaduro by’umwihariko ijyana Gakondo nka Massamba Intore ,Jules Sentore ,Cecile Kayirebwa n’abandi. Ruti Joel winjiranye n’ababyinnyi ku rubyiniriro yatangiriye ku ndirimbo ye yise ‘Rumata’ yasohoye mu 2021, akomereza ku zindi nyinshi ze zakunzwe cyane nka ‘Oulala’, ‘La Vie’, ‘Nyambo’; ‘Rumuri w’Itabaza’; ‘Rwagasabo ..read more
Visit website
Uko Meddy yagize iyerekwa ryamuhinduriye ubuzima
Hose
by hose reporter
4M ago
Umuhanzi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy, yavuze ku iyerekwa yagize ryamuhinduriye ubuzima bikagera n’aho afata icyemezo cyo guhagarika gukora indirimbo zitari izo kuramya no guhimbaza Imana. Ni mu kiganiro cyanyuze kuri Boarding Pass Nation avuga ko yibuka neza ukuntu Yesu yaje mu nzozi ze amubaza niba ashaka kuba inshuti, umuvandimwe cyangwa gukomeza kwibera uw’Isi. Ati “Ndavuga nti ngiye kuba inshuti yawe mpita nkanguka ndi umuntu mushya.” Meddy wakomeje uvuga ko kitari icyemezo cyoroshye gufata , yongeyeho ko” Iyo ubanye neza n’Imana biroroha kuganira na yo”. Meddy yahishuye ko yahoze ari ..read more
Visit website
Tems yahishuye ko yatewe ubwoba ko ‘azicwa’ azira amakuru yavugaga ko atwitiye umuraperi Future
Hose
by hose reporter
5M ago
Umuhanzikazi Temilade Openiyi, wamenyekanye nka ‘Tems’ mu muziki , yavuze ku byavugwaga ko yaba atwitiye umuraperi w’Umunyamerika Future, ahishura ko yanatewe ubwoba abwirwa ko azicwa aribyo azize. Ibi Tems yabigarutseho mu kiganiro aherutse kugirana na The Beat 99.9 FM i Lagos avuga ko ubwo yumvaga ibyo bihuha ko atwite atumvaga ko hari umuntu uzabyizera . Ati ‘Sinarinziko bikomeye kugeza igihe natangiriye kubona ubutumwa bw’abantera ubwoba ko bazanyica’ Tems yongeyeho ko abantu bamuteraga ubwoba bamubwira ko bazamwica ngo batumvaga ukuntu mubantu bose ku Isi yahitamo kubyarana n’Umuraperi Fu ..read more
Visit website
Umuhungu wa Muyango mu bahanzi bazamufasha kumurika Album ye nshya
Hose
by hose reporter
5M ago
Umuhanzi w’umunyabigwi mu muziki Gakondo Muyango Jean Marie, yatangaje abahanzi bazifatanya nawe mu gitaramo cyo kumurika Album ye nshya barimo umuhungu we uzwi nka ‘ Inki’ mu muziki. Uretse Inki wakunzwe cyane mu ndirimbo zirimo nka ‘Miriyoni’ yakoranye na Ruti Joel n’izindi, Umuhanzikazi Nirere Shanel nawe yatangajwe mu bazifatanya na Muyango. Iki gitaramo cyo kumurika Album nshya ya Muyango yise “Imbanzamumyambi” kizaba tariki 24 Ukuboza 2023 muri Camp Kigali. Muyango ni umwe mu bahanzi b’abahanga cyane bubakiye umuziki wabo kuri gakondo aho afite ibihangano binyura benshi . Muyango aheruts ..read more
Visit website
Ronaldinho mu banyabigwi bategerejwe i kigali
Hose
by hose reporter
5M ago
Kuri uyu wa Kane tariki 30 Ugushyingo 2023, muri Serena Hotel ni bwo habaye isangira ry’abafatanyabikorwa mu gutegura iri rushanwa, hanatangazwa abanyabigwi 30 mu 150 bazitabira Igikombe cy’Isi cy’Abakanyujijeho. Umunya-Brésil Ronaldo de Assis Moreira wamenyekanye nka Ronaldinho Gaúcho yatangajwe mu banyabigwi 30 mu 150 bazitabira Igikombe cy’Isi cy’Abakanyujijeho kizabera mu Rwanda mu 2024. Abandi batangajwe ni Laura Georges, Louis Saha, Amanda Dlamini, Bacary Sagna, Gaizka Mendieta, Miguela Pauleta, Robert Pirès, José Edmílson, Jay-Jay Okocha, Edgar Davids, Roger Milla, Kalusha Bwalya, Antho ..read more
Visit website
Bruce Melodie agiye kuririmba mu bitaramo bikomeye muri USA
Hose
by hose reporter
5M ago
Umuhanzi Bruce Melodie agiye kuririmba mu bitaramo bikomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika azahuriramo na Shaggy. Ni ibitaramo bizwi nka ‘iHeartJingleball’ biba mu mpera za buri mwaka. Bruce Melodie azafatanya na Shaggy kuririmba indirimbo yabo “When she’s around” mu gitaramo kizaba ku wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2023.Ni mugihe no ku wa 16 Ukuboza 2023 bazataramira Miami. Umwe mu bareberera inyungu za Bruce Melodie yavuze ko ari “ibitaramo Shaggy azaririmbamo yifuje ko yakorana na Bruce Melodie.” Byitezwe ko ibi bitaramo bizaririmbamo abandi bahanzi bafite amazina akomeye mu muziki wo mu ..read more
Visit website

Follow Hose on FeedSpot

Continue with Google
Continue with Apple
OR