Ibyamamare.com
79 FOLLOWERS
Ibyamamare.com is a website that covers only shows business news. We cover leisure, wildlife and conservation, sport, health, technology, education, history, tourism, love stories, and much more news that makes a story.
Ibyamamare.com
1y ago
Umuhanzi ukomoka muri Guinea ufite ubumuga bw’imikurire, Moussa Sandiana Kaba uzwi cyane ku izina rya Grand P, yagaragaye hamwe n’undi mugore nyuma y’amezi make yambitse impeta umukunzi we ukomoka muri Cote d’Ivoire, Eudoxie Yao.
Grand P na Eudoxie basanzwe bafitanye umubano utoroshye aho bakundana, bagatandukana bakongera bagakundana,gusa bamaranye igihe kinini.
Grand P na Eudoxie basanzwe bafitanye umubano utoroshye aho bakundana, bagatandukana bakongera bagakundana,gusa bamaranye igihe kinini.
Uyu muhanzi wamenyekanye cyane ku isi kubera gukundana n’uyu Eudoxie Yao umurusha ubunini bidasanz ..read more
Ibyamamare.com
1y ago
Umunyamerika Serena Williams, yatangaje ko agiye gusezera gukina Tennis akajya kwita ku mukobwa n’umugabo we.
Uyu mugore w’imyaka 41 ibi yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki 9 Kanama 2022, mu kinyamakuru Vogue, avuga ko ashaka kwita ku mukobwa we w’imyaka itanu Alexis Olympia Ohanian Jr ndetse n’umugabo we Alexis Ohanian.
Serena Williams, yatangaje ko agiye gusezera gukina Tennis akajya kwita ku mukobwa n’umugabo we.
Yagize ati “Ndi hano kugira ngo mbabwire ko ngiye kuba ndetse Tennis nkajya gukora ibindi by’ingenzi kuri njye. Sinari nzi ko iki gihe kizagera ariko nanone niteguye ibigiye kuza ..read more
Ibyamamare.com
1y ago
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Rwatubyaye Abdul, yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri, nyuma yo gutandukana n’Ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia.
Uyu musore w’imyaka 25 yakiniye Rayon Sports hagati ya 2016 na 201, mbere yo kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Rwatubyaye Abdul, yasinyiye Rayon Sports
Agarutse muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru nyuma y’igihe yaravunitse, kuko amaze amezi arenga atandatu adakina kubera imvune yagize ku gatsintsino ko ku kirenge cye cy’ibumoso.
Byavugwaga ko ashobora kwerekeza muri AS Kigali kuko ariyo kipe yari amaze iminsi akora ..read more
Ibyamamare.com
1y ago
Intore Bruce ufite ikigo ’Intore Entertainment’ gitegura ibitaramo, yatangaje ko ibivugwa ko abategura ibitaramo barira abahanzi baba bakoresheje mu mibare atari byo kuko na bo nta bya Mirenge babakuramo.
Uyu mugabo yatangaje ibi nyuma y’igisa n’umwuka mubi wadutse hagati y’abahanzi n’abategura ibitaramo bashinja kubasuzugura.
Kenny Sol
Ni ubwumvikane buke bwadutse nyuma y’uko umuhanzi Kenny Sol agaragaje ko yasuzuguwe n’abateguye igitaramo cyiswe ’Rwanda Rebirth Celebration Concert’ cyaririmbwemo na The Ben bakanga kumwishyura, ari na yo mpamvu yanze kukiririmbamo.
Iki gitaramo cyabaye ku wa ..read more
Ibyamamare.com
1y ago
Imyaka ibiri yari yihiritse abakunzi b’umuhanzi Andy Bumuntu bategereje ko abagezaho ibihangano bye bishya ariko amaso yaraheze mu kirere.
Uwashakaga kongera kumva rya jwi rye riremereye rikundwa na benshi, yajyaga mu bubiko bw’indirimbo zo za mbere, cyangwa se agatega amatwi 102.3 KISS FM, ariko ibyo ntibyari bihagije gusa.
Andy Bumuntu ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bakunzwe ku rwego mpuzamahanga cyane cyane muri Kenya bitewe n’indirimbo ye yise “On Fire”.
Abafana be bari bakeneye kongera kumva indirimbo nshya, za ndirimbo z’urukundo zigera ku ndiba y’umutima, zimwe zafashije abasore bens ..read more
Ibyamamare.com
1y ago
Umushabitsi akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Kate Bashabe yavuze ko itangazamakuru ryamushyingiye kizigenza muri ruhago Sadio Mane bituma abasore bashoboraga kumutereta bisubiraho none ubu ngo ntawe ukimuganiriza.
Mu myaka mike ishize nibwo Kate Bashabe yavuzwe cyane mu bitangazamakuru byo hirya no hino ku isi ko akundana n’umukinnyi Sadio Mane wakiniraga muri Liverpool icyo gihe ariko ubu akaba ari muri Bayern Munich.
Kate Bashabe yavuze ko itangazamakuru ryamushyingiye kizigenza muri ruhago Sadio Mane bituma abasore bashoboraga kumutereta bisubiraho
Mu kiganiro yagiriye kuri Yago T ..read more
Ibyamamare.com
1y ago
Sandra Teta yagaragaye ari kumwe na Weasel mu kabari i Kampala, bishimanye ndetse banyuzamo bagasomana nyuma y’igihe hari amakuru avuga ko batabanye neza ko ndetse uyu mugabo yakubise uyu mugore babyaranye abana babiri akamwangiza.
Inkuru z’ihohoterwa bivugwa ko Sandra Teta yakorewe na Weasel zimaze igihe mu itangazamakuru ku buryo byageze n’aho inzego z’ubuyobozi zibyinjiramo.
Sandra Teta yagaragaye ari kumwe na Weasel mu kabari i Kampala, bishimanye ndetse banyuzamo bagasomana nyuma y’igihe hari amakuru avuga ko batabanye neza ko ndetse uyu mugabo yakubise uyu mugore babyaranye abana babiri ..read more
Ibyamamare.com
1y ago
Karasira Clarisse,Uretse kuba azwi nk’umuhanzi, ariko mu minsi ishize yakunze gutanga ibitekerezo ku rubuga rwa twitter cyane, abantu bakabitangaho ibitekerezo mu buryo butandukanye, bwaba bwiza ndetse n’ubwo kumwamagana dore ko hari n’abatangiye kumwita uwabonye isha itamba agata n’urwo yambaye, bagendeye k’uko ngo yagize amahirwe akajya gutura muri America, akaba asigaye atanga ibitekerezo nk’umuntu wagezeyo.
Kuri uyu wa 04 kanama nibwo yanditse kunrukuta rwe rwa twitter avuga ko areba ibibera kuri twitter bikamukura umutima, rwose akaba ari kurambirwa kuburyo atazatinda kurusiba, yagize ati ..read more
Ibyamamare.com
1y ago
Meddie Kagere yerekanwe mu bakinnyi bashya b’ikipe ya Singida United FC yo muri Tanzania nyuma y’aho Simba SC imusezeye imushimira ku bw’ibihe byiza bagiranye.
Kagere yakiriwe n’imbaga y’abafana ba Singida bari bitabiriye ibirori byo kwerekana abakinnyi ndetse n’abatoza izakoresha mu mwaka wa 2022 (Singida Big Day). Ibi birori byabaye kuri uyu wa Kane tariki 4 Kanama 2022.
Meddie Kagere yerekanwe mu bakinnyi bashya b’ikipe ya Singida United FC yo muri Tanzania nyuma y’aho Simba SC imusezeye
Uyu mukinnyi ukinira ikipe y’u Rwanda yagaragaje ibyishimo byinshi imbere y’abafana benshi bashimishijwe ..read more
Ibyamamare.com
1y ago
Umusifuzikazi Salma Rhadia Mukansanga umaze kwandika izina rikomeye mu Rwanda no ku rwego mpuazamahanga yahawe akazi n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF).
Kuri Twitter, UNICEF Rwanda yatangaje ko yagiranye amasezerano na Salima Mukansanga nk’umuntu uzakora ubuvugizi ku bana.
Salma Mukansanga yahawe ikaze mu muryango mugari wa UNICEF.
Ubutumwa bugira buti “Twishimiye gutangaza amasezerano Salima Mukansanga yasinye nk’umuntu uzafasha UNICEF kuvuganira abana.”
UNICEF ivuga ko Salima Mukansanga azakoresha kwamamara kwe kugenda kwiyongera ndetse n’ijwi rye mu kuvugira abana aho ..read more